by
Month: April 2026

U Burayi bwategujwe akaga gakomeye cyane bugiye guhura na ko
Ibihugu by’i Burayi biri mu gihirahiro gikomeye nyuma y’uko hatangiye kugaragara ibimenyetso bikomeye by’ibura ry’amavuta y’indege, ikibazo gishobora kugira ingaruka zikomeye ku bukungu no ku rwego rw’ubwikorezi bwo mu kirere….
by

Umutwe ugizwe n’Abanyamulenge mu bufatanye na FARDC n’abambari ba yo mu bikorwa byo kwibasira abaturage
Amakuru akomeje guturuka mu bice by’imisozi miremire ya Mulenge, by’umwihariko ku Ndondo muri grupema ya Bijombo, agaragaza isura ikomeje gutera impungenge aho umutekano w’abasivile urushaho kuzamba umunsi ku wundi. Abaturage…
by

Burundi: Perezida Ndayishimiye yisanze mu ihurizo rikomeye cyane mbere ya 2027
Uko imyaka igenda ishira, ni ko ibibazo byegerana ku buyobozi bw’u Burundi bigenda birushaho gufata indi ntera, bigashyira Évariste Ndayishimiye mu ihurizo rikomeye ryo kwerekana niba koko ashoboye kuyobora igihugu…
by

Menya byinshi ku ndwara y’ibimeme, uko byandura n’uko bivurwa
Indwara y’ibimeme ’pied d’athlète’ ni indwara ikunda gufata ku birenge hagati y’amano, uretse ko hari n’ababirwara hagati y’intoki. Ariko nubwo ari indwara ibangama cyane ikabuza umuntu kuba yakwambara inkweto runaka…
by

Ese koko kuvuza imyirongi byaba biri mu bitera indwara y’imisuha? Sobanukirwa byinshi kuri iyi ndwara
Ni kenshi abantu bakunze kugaruka ku ndwara y’imisuha, bamwe bavuga ibi, abandi bavuga biriya harimo n’impaka z’uko iyi ndwara yaba ikururwa no kuvuza bimwe mu bikoresho bya muzika bivuga bahushyemo…
by
Recent Posts

Gufungurwa ntibyaba ari cyo gihano gikomeye? Perezida Ndayishimiye yavuze ibintu bikomeye kuri Gen. Bunyoni uherutse gufungurwa

Perezida Ndayishimiye yemeje ko inkongi y’umuriro yatwitse ububiko bw’intwaro utatewe n’umuriro w’amashanyarazi

Zimbabwe yasubijwe ikibumbano cyibwe n’abakoloni mu myaka 137 ishize

Element EleéeH yateguje indirimbo yahuriyemo na Bien na Joshua Baraka















