by
Month: April 2026

Igisubizo cy’umugore wa Cyprien Ntaryamira wapfanye na Habyarimana ku wamubajije ikintu cyihariye asaba u Rwanda
Imyaka 32 irashize indege yari itwaye Perezida w’u Rwanda, Juvénal Habyarimana, n’uwayoboraga u Burundi, Cyprien Ntaryamira, ihanuriwe i Kigali, ariko kugeza uyu munsi ukuri ku byabaye ntikuramenyekana neza, bituma imiryango…
by

FARDC n’abafatanyabikorwa bayo bagabye Ibitero bikaze byakangaranyije benshi nyuma y’uko AFC/M23 ifashe utundi duce twinshi.
Ibice byo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje kuba isibaniro ry’imirwano ikarishye, aho amakuru aturuka ku mpande zitandukanye agaragaza ko abasivili ari bo bakomeje kugerwaho n’ingaruka zikomeye…
by

Byasubiye i rudubi: Iran yasubije Perezida Trump wayiteguje kuyirimbura mu munsi umwe wonyine
Amakimbirane akomeje gukaza umurego hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ageze ku rwego ruteye impungenge, aho amagambo akomeye n’ibikorwa bya gisirikare bikomeje kwiyongera uko iminsi ishira. Perezida…
by

Iran yahize kugaba ibitero ku bubiko bw’amakuru bwa Stargate
Iran yavuze ko izagaba ibitero ku bundi bubiko bw’amakuru [artificial intelligence data centers] mu Burasirazuba bwo Hagati mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishyize mu bikorwa ibyo zimaze iminsi…
by

MINUBUMWE yerekanye ibikorwa biteganyijwe mu cyumweru cy’Icyunamo
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, yagaragaje ibikorwa biteganyijwe mu Cyumweru cy’icyunamo, ishimangira ko ibikorwa byose n’indi mirimo byemerewe gukomeza nyuma y’igikorwa cyo Kwibuka. Kuri uyu wa 7 Mata 2026,…
by

U Rwanda rwasobanuye impamvu ibiciro by’ingendo ku modoka z’amashanyarazi byazamutse.
Impinduka nshya mu biciro by’ingendo mu Rwanda zigaragaza uburyo urwego rw’ubwikorezi rukomeje guhindagurika bitewe n’izamuka rikabije ry’ibikomoka kuri peteroli ku isoko mpuzamahanga. Ibi byatumye n’ingendo zose, haba izikoresha lisansi, mazutu…
by
Recent Posts

Gufungurwa ntibyaba ari cyo gihano gikomeye? Perezida Ndayishimiye yavuze ibintu bikomeye kuri Gen. Bunyoni uherutse gufungurwa

Perezida Ndayishimiye yemeje ko inkongi y’umuriro yatwitse ububiko bw’intwaro utatewe n’umuriro w’amashanyarazi

Zimbabwe yasubijwe ikibumbano cyibwe n’abakoloni mu myaka 137 ishize

Element EleéeH yateguje indirimbo yahuriyemo na Bien na Joshua Baraka
















