Hatangiye kugaragara ibimenyetso bishya by’uko Minisitiri Bugaga yishwe na Guverinoma y’u Burundi
Ibimenyetso bikomeje kujya ahagaragara ku rupfu rwa Gabby Bugaga wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, birushaho gukomeza impaka n’urujijo mu baturage, mu gihe hari abemeza ko ashobora kuba yarishwe…
RURA yahannye abantu hafi 100 bazira kuzamura ibiciro by’ingendo mu modoka rusange
Urwego Ngenzuramikorere (RURA), rwatangaje ko mu igenzura rumaze iminsi rukora ku iyubahirizwa ry’ibiciro bishya by’ingendo, rumaze gufatira ibihano abakora mu rwego rwo gutwara abagenzi bagera hafi kuri 100 bazira kubizamura…
Gufungurwa ntibyaba ari cyo gihano gikomeye? Perezida Ndayishimiye yavuze ibintu bikomeye kuri Gen. Bunyoni uherutse gufungurwa
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko nubwo Gen Alain Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe kuva mu 2020 kugeza mu 2022 yafunguwe, atazidegembya byuzuye kandi ko atazasubizwa imitungo yari afite.…
Perezida Ndayishimiye yemeje ko inkongi y’umuriro yatwitse ububiko bw’intwaro utatewe n’umuriro w’amashanyarazi
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko inkongi yafashe ububiko bw’intwaro bwo mu kigo cya gisirikare cya ‘Camp Base’ i Bujumbura mu mpera za Weruwe itatewe n’umuriro w’amashanyarazi, bitandukanye n’ibyari…
Zimbabwe yasubijwe ikibumbano cyibwe n’abakoloni mu myaka 137 ishize
Perezida wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa yashyikirijwe ikibumbano cy’igisiga kibumbatiye amateka akomeye cyibwe n’abakoloni nyuma y’igihe kirekire asaba ko kigarurwa. Kuwa 14 Mata 2026 nibwo Afurika y’Epfo yasubije Zimbabwe ikibumbano cy’igisiga…
Element EleéeH yateguje indirimbo yahuriyemo na Bien na Joshua Baraka
Element EleéeH umaze iminsi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yateguje abakunzi be indirimbo nshya yakoranye n’abahanzi barimo Bien wo muri Kenya na Joshua Baraka wo muri Uganda. Element EleéeH…
Hamenyekanye izindi mpamvu ziremereye ziri gutuma ibiciro bya lisansi bizamuka mu Rwanda
Izamuka rikabije ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli rikomeje guteza impungenge mu Rwanda, aho imibare igaragaza ko kuva tariki ya Kane Werurwe kugeza ku ya 17 Mata, lisansi yazamutse ku kigero cya…
RDC: Ingabo za FARDC, Iz’u Burundi zari zigiye gusahura imyaka n’amatungo zahuye n’uruva gusenya
Mu misozi miremire ya Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, umutekano ukomeje kuzamba umunsi ku wundi. Ibikorwa by’ingabo za Leta bifatanyije n’ingabo…
Iran yemeye gufungura umuhora wa Hormuz, itanga inzira ku bucuruzi mpuzamahanga nyuma y’ibyo yakorewe na Israel
Agahenge kamaze kwemerwa hagati ya Israel na Liban katangiye gutanga icyizere ku mutekano w’ubucuruzi mpuzamahanga, cyane cyane mu bijyanye n’ikorwa ry’ingendo z’ubwato bunyura mu muhora wa Hormuz, umwe mu mihora…
Burundi: Ibimenyetso bigaragaza ko Minisitiri w’Itumanaho ashobora kuba yarishwe biri kwiyongera
Mu gihe Leta y’u Burundi ihamya ko uwabaye Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru kuva muri Kanama 2025 kugeza tariki ya 16 Mata 2026, Gabby Bugaga, yishwe n’impanuka y’imodoka, ibimenyetso byatangiye gukwirakwizwa bigaragaza…