Abantu bataramenyekana bibye drone 4 z’igisirikare cya Amerika
Ikigo cya gisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Fort Campbell, cyatangaje ko hari abantu bataramenyekana bibye drones enye za gisirikare, maze gisaba ubufasha bw’abaturage kugira ngo bafashe mu kubafata.…
Uganda: Depite yajyanywe mu rukiko azira gukoresha Diplome y’impimbano
Loydah Muhimbura uherutse gutorerwa guhagararira abagore mu gace ka Mbarara mu Nteko Ishinga Amategeko muri Uganda, yajyanywe mu nkiko na mugenzi we yatsinze, umushinja ko impamyabumenyi afite ari impimbano. Margaret…
Iran yahaye gasopo Donald Trump wavugaga ko ari hafi gutsinda intambara
Iran yarashe ubwato bubiri butwara ibikomoka kuri peteroli mu mazi agenzurwa n’igihugu cya Iraq ndetse igaragaza ko ibiciro bya peteroli bizakomeza gutumbagira mu rwego rwo gusuzuma Donald Trump wavuze ko…
Corneille Nangaa yashinje Leta ya Congo kwenyegeza umwuka w’intambara mu karere
Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yatangaje ko buri gushaka kwagurira mu karere kose intambara yo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu…
Si ngombwa ko umufata! Dore ibimenyetso 7 byibanze byakugaragariza ko umugore wawe aguca inyuma
Ubundi kera byabagaho gake kumva umugore uca inyuma umugabo we, ariko muri iki gihe nabyo byabaye ibintu bisanzwe; akenshi iyo umugore wawe aguca inyuma, hari ibintu byinshi bihinduka kuri we…
Ibimenyetso 10 bigaragaza ko waba urwaye umutima
Umutima ni inyama yo mu gatuza ishinzwe gusunika amaraso uyohereza mu bice binyuranye by’umubiri no kwakira avuye mu bice binyuranye by’umubiri agatunganywa. Muri iki gihe abatari bake bakunze kwibasirwa n’indwara…
Benshi babikora bagirango bemeze! Ibibi byo kugeza kure igihe utera akabariro
Benshi mu bagabo batekereza ko kugeza kure igitsina aribyo bigaragaza ko bazi gutera akabariro, nyamara ni ukwibeshya cyane. Ibi byangiza umugore wawe cyane ku rwego utari uzi ko byageraho. Muri…
Nyuma y’imyaka 11 uwatoje amavubi yagarutse kuyatoza
Umutoza w’Umwongereza, Stephen Constantine yongeye kugirwa umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, nyuma y’imyaka 11. Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ni ryo ryabitangaje kuri uyu wa Kane binyuze ku…
AU yamaganye igitero cya FARDC i Goma
Kuri uyu wa Kane, Umuryango wa Afurika Yunze ubumwe (AU) wamaganye igitero cy’indege zitagira abapilote cyahitanye abasivili i Goma mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, usaba impande zigira…
USA: Umusirikare wabikaga amabanga y’ibivejuru yaburiwe irengero
Inzego z’umutekano n’iperereza za Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri gushakisha Maj Gen (Rtd) William Neil McCasland wahoze mu buyobozi bukuru bw’ishami ry’ubushakashatsi mu ngabo zirwanira mu kirere, umaze ibyumweru…