Dore iminota udakwiye kurenza utera akabariro niba ushaka kugira ubuzima bwiza – UBUSHAKASHATSI
Ubushakashatsi bwagaragaje ko abagabo batera akabariro inshuro nyinshi mu cyumweru baramba ugereranyije n’ababikora inshuro nke, nk’uko twagiye tubigarukaho mu nkuru zacu zabanje. Uyu munsi turagaruka ku gihe kingana n’iminota 7,…
Dore indwara 10 zivurwa n’igitunguru ndetse n’uko gikoreshwa mu kwivura
Igitunguru kizwiho ubushobozi bwo kuvura ariko gikoreshwa cyane mu kuryoshya ibiryo. Igitunguru cyongera ubudahangarwa bw’umubiri ndetse kirwanya cyane indwara z’uruhu. Mu myaka ya cyera abagereki bagikoreshaga cyane mu kuvura ibicurane…
RIB yaburiye abasesengurira imanza ku mbuga nkoranyambaga
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwaburiye abakoresha imbuga nkoranyambaga biharaje ibyo gusesengura imanza, basabwa kwigira ku bagiye babyishoramo bikarangira bitabaguye neza. Ibi byagarutsweho n’Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, ubwo…
Leta ya Congo ifite umugambi wo kwagura intambara yo mu ntara ya Kivu ikaba iy’akarere
Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yatangaje ko buri gushaka kwagurira mu karere kose intambara yo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu…
Rubavu: Umusore yarashwe arapfa abandi 20 barakomereka
Umusore w’imyaka 20 witwaga Kadogo wo mu Karere ka Rubavu yarashwe arapfa, abandi barafatwa ubwo bageragezaga kurwanya Abapolisi bari mu kazi ko kurwanya ubucuruzi butemewe buzwi nka magendu. Ibi byabereye…
Ni njye wikuriyemo ikariso – Ubuhamya buri mukobwa wese akwiye gusoma
Ngiye kubagezaho ubuhamya bw’umukobwa ugira inama bagenzi be, kudakuramo ikariso. Ubu buhamya nabuvanye ku rubuga rwa africanspotlight.com. Nasanze hari benshi muri bashiki bacu byagirira akamaro cyane abiga za kaminuza. Uyu…
Uwera Maurice, Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda wungirije yavuze ku bitero FARDC yagabye i Goma
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda wungirije, Uwera Jean Maurice, yagaragaje ko igitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagabye mu mujyi wa Goma gishimangira ko ibyahungabanya umutekano w’igihugu…
Gen. Bunyoni yafunguwe nyuma y’imyaka itatu mu buroko
Gen Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi kuva muri Kamena 2020 kugeza muri Nzeri 2022, yafunguwe kuri uyu wa 11 Werurwe 2026 nyuma y’imyaka hafi itatu afunzwe. Bunyoni yafunguriwe…
Kuva imyuna biterwa n’iki? Icyo wakora ngo ubyirinde cyangwa ubikire igihe bikubayeho
Bigeze bakubeshya ngo kuva imyuna biterwa no gutekereza cyane? Mbese ngo ni wowe utekereza kurusha abandi. Cyangwa se bakakubwira ko biterwa n’uko amaraso aba yanduye agasohoka ngo hasigare asukuye. Ibyo…
Goma: FARDC yari igiye kwica abayobozi ba AFC/M23 umukozi wa Loni aba igitambo
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 11 Werurwe 2026, ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zagabye igitero cya drone mu gace ka Himbi gaherereye mu mujyi wa Goma, cyari…