Perezida Kagame ni we uzaba Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda. Andi makuru agezweho
Icyemezo cyo gushyiraho Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda cyafashwe nk’intambwe ikomeye mu kongerera imbaraga urwego rw’umutekano n’ubumenyi mu gihugu, aho imiterere yayo igaragaza uburyo bushya bwo guhuza amasomo ya gisirikare…