Burundi: Urujijo ku rupfu rw’Abarwanyi 201 bari guhabwa imyitozo idasanzwe yo kugaba ibitero ku Rwanda
Mu gihe amakuru akomeje gucicikana ku bikorwa bya gisirikare bivugwa mu ishyamba rya Kibira mu gihugu cy’u Burundi bigamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda, hagiye hanze indi nkuru ikomeje guteza impaka…
Akazu kanze Marcel Gatsinzi: Intambara y’ubutegetsi nyuma y’ihanurwa ry’indege ya Habyarimana
Umwiryane mu butegetsi bwa Juvénal Habyarimana ntabwo watangiye nyuma y’urupfu rwe, kuko na mbere hari haragiye habaho ibimenyetso by’uko atavuga rumwe n’abari bagize Akazu barimo umugore we, Agathe Kanziga Habyarimana…
Iran yahize kugaba ibitero ku bubiko bw’amakuru bwa Stargate
Iran yavuze ko izagaba ibitero ku bundi bubiko bw’amakuru mu Burasirazuba bwo Hagati mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishyize mu bikorwa ibyo zimaze iminsi zivuga. Igisirikare cya Iran…
MINUBUMWE yerekanye ibikorwa biteganyijwe mu cyumweru cy’Icyunamo
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, yagaragaje ibikorwa biteganyijwe mu Cyumweru cy’icyunamo, ishimangira ko ibikorwa byose n’indi mirimo byemerewe gukomeza nyuma y’igikorwa cyo Kwibuka. Kuri uyu wa 7 Mata 2026,…
#Kwibuka32: Mbere y’uko wica u Rwanda ruzakwica ntabwo wakwica abantu kabiri – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yerekanye ko nta muntu wakongera kwica u Rwanda ku nshuro ya kabiri. Ibi yabivugiye mu muhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku ncuro…
U Rwanda rwasobanuye impamvu ibiciro by’ingendo ku modoka z’amashanyarazi byazamutse.
Impinduka nshya mu biciro by’ingendo mu Rwanda zigaragaza uburyo urwego rw’ubwikorezi rukomeje guhindagurika bitewe n’izamuka rikabije ry’ibikomoka kuri peteroli ku isoko mpuzamahanga. Ibi byatumye n’ingendo zose, haba izikoresha lisansi, mazutu…
Abasirikare b’u Burundi bari boherejwe ku mipaka n’intwaro ziremereye bose bashimuswe n’abasirikare n’abapolisi badasanzwe
Mu ijoro ridasanzwe ryuzuyemo urujijo n’ubwoba mu Burundi, haravugwa igikorwa gikomeye cyo gushimuta abasirikare b’u Burundi bari baroherejwe kurinda imipaka, bikozwe n’abantu bitwa abasirikare n’abapolisi badasanzwe, bataramenyekana inkomoko yabo, bigateza…
Ibinyoma urubyiruko rw’i Rubavu rwabeshyaga rugiye muri Wazalendo na FDLR
“Batubeshyaga ko bagiye muri Congo guhinga cyangwa kuragira nyuma tukamenya ko bagiye muri Wazalendo na FDLR.” Aya ni amwe mu magambo Umuyobozi w’Umudugudu wa Muti, Akagari ka Rwangara ho mu…
Perezida Trump yiyemeje gufunga abanyamakuru basohoye amakuru y’urugamba yari yagize ibanga
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ashobora guta muri yombi abanyamakuru batangaje bwa mbere ko hari indege ya Amerika yarasiwe muri Iran, kandi umwe mu…
Umunyarwandakazi Uwamahoro yasubije abakomeje kuganira ku mubiri we nyuma y’amashusho yarikoroje
Impaka ku myambarire n’uburyo abantu bihitamo kwigaragaza zikomeje gufata indi ntera mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga ahari kuvugwa amagambo ariramo n’ibitekerezo by’abatandukanye. Ibi byongeye kugarukwaho…