Skip to content

IwacuMarket

Buy or Sell in a Minute in Rwanda

  • Politiki
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Imali ya make
    • Ibibanza bigurishwa
    • Imodoka zigurishwa
    • Inzu zigurishwa
  • Jobs
  • English
    • International News
    • Local News
Top Tags
  • Intambara yo muri Congo
  • AFC/M23
  • Donald Trump
  • Iran
  • intambara ya Congo
  • Intambara ya Iran na Amerika
  • Gen. Muhoozi
Featured Imikino

Manchester City yatsinze Arsenal ikomeza kuyotsa igitutu

April 19, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

U Rwanda rwongeye kubwiza Loni ukuri runayihishurira ibigiye kuba muri RDC FDLR nidasenywa

April 16, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

Netanyahu yigiriye i Washington, bamwe bashya ubwoba

April 14, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

Amerika n’u Burayi byategujwe akaga gakomeye bigiye guhura na ko nyuma yo gufatira ibihano RDF no kuyihagarikira inkunga

April 11, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

Imirwano ikomeye cyane yumvikanye muri Uvira mu gihe AFC/M23 yasabwe ibintu bikomeye cyane

April 11, 2026 emmy
  • Latest
  • Popular
  • Trending
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Editorial Picks Ubuzima
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Perezida Ruto yavuze impamvu lisansi muri Kenya ihenze kurusha mu bihugu by’abaturanyi kandi byinshi muri byo ariho biyikura
Politiki
Perezida Ruto yavuze impamvu lisansi muri Kenya ihenze kurusha mu bihugu by’abaturanyi kandi byinshi muri byo ariho biyikura
Ibitazibagirana ku Mwamikazi wa nyuma w’u Rwanda Rozariya Gicanda wibukwa uyu munsi
Ubuzima
Ibitazibagirana ku Mwamikazi wa nyuma w’u Rwanda Rozariya Gicanda wibukwa uyu munsi
Uko Umwamikazi Gicanda yarokoye perezida Kagame ubwo yari agiye kwicwa
Slide Ubuzima
Uko Umwamikazi Gicanda yarokoye perezida Kagame ubwo yari agiye kwicwa
Dore indwara 10 zivurwa n’igitunguru ndetse n’uko gikoreshwa mu kwivura
Slide Ubuzima
Dore indwara 10 zivurwa n’igitunguru ndetse n’uko gikoreshwa mu kwivura
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Editorial Picks Ubuzima
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda
Ubuzima
Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda
Musenyeri wari gusoma Misa yo gusengera Besigye yabuze, Museveni ashyirwa mu majwi
Politiki
Musenyeri wari gusoma Misa yo gusengera Besigye yabuze, Museveni ashyirwa mu majwi
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Editorial Picks Ubuzima
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Dore amakosa udakwiye gukora ngo ni uko uri mu rukundo kuko byakuviramo ingaruka zikomeye
Editorial Picks Urukundo
Dore amakosa udakwiye gukora ngo ni uko uri mu rukundo kuko byakuviramo ingaruka zikomeye
Rekeraho kwambara impeta buhumyi! Dore igisobanuro cy’impeta bitewe n’urutoki wayambayeho
Editorial Picks Featured Ubuzima
Rekeraho kwambara impeta buhumyi! Dore igisobanuro cy’impeta bitewe n’urutoki wayambayeho
FARDC n’abafatanyabikorwa bayo bagabye Ibitero bikaze byakangaranyije benshi nyuma y’uko AFC/M23 ifashe utundi duce twinshi.
Editorial Picks Politiki
FARDC n’abafatanyabikorwa bayo bagabye Ibitero bikaze byakangaranyije benshi nyuma y’uko AFC/M23 ifashe utundi duce twinshi.
Politiki Slide

Burundi: Urujijo ku rupfu rw’Abarwanyi 201 bari guhabwa imyitozo idasanzwe yo kugaba ibitero ku Rwanda

April 8, 2026 emmy

Mu gihe amakuru akomeje gucicikana ku bikorwa bya gisirikare bivugwa mu ishyamba rya Kibira mu gihugu cy’u Burundi bigamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda, hagiye hanze indi nkuru ikomeje guteza impaka…

Editorial Picks Featured Politiki

Akazu kanze Marcel Gatsinzi: Intambara y’ubutegetsi nyuma y’ihanurwa ry’indege ya Habyarimana

April 8, 2026 emmy

Umwiryane mu butegetsi bwa Juvénal Habyarimana ntabwo watangiye nyuma y’urupfu rwe, kuko na mbere hari haragiye habaho ibimenyetso by’uko atavuga rumwe n’abari bagize Akazu barimo umugore we, Agathe Kanziga Habyarimana…

Featured Politiki

Iran yahize kugaba ibitero ku bubiko bw’amakuru bwa Stargate

April 7, 2026 emmy

Iran yavuze ko izagaba ibitero ku bundi bubiko bw’amakuru mu Burasirazuba bwo Hagati mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishyize mu bikorwa ibyo zimaze iminsi zivuga. Igisirikare cya Iran…

Featured Politiki

MINUBUMWE yerekanye ibikorwa biteganyijwe mu cyumweru cy’Icyunamo

April 7, 2026 emmy

Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, yagaragaje ibikorwa biteganyijwe mu Cyumweru cy’icyunamo, ishimangira ko ibikorwa byose n’indi mirimo byemerewe gukomeza nyuma y’igikorwa cyo Kwibuka. Kuri uyu wa 7 Mata 2026,…

Politiki Slide

#Kwibuka32: Mbere y’uko wica u Rwanda ruzakwica ntabwo wakwica abantu kabiri – Perezida Kagame

April 7, 2026 emmy

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yerekanye ko nta muntu wakongera kwica u Rwanda ku nshuro ya kabiri. Ibi yabivugiye mu muhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku ncuro…

Editorial Picks Featured Politiki

U Rwanda rwasobanuye impamvu ibiciro by’ingendo ku modoka z’amashanyarazi byazamutse.

April 7, 2026 emmy

Impinduka nshya mu biciro by’ingendo mu Rwanda zigaragaza uburyo urwego rw’ubwikorezi rukomeje guhindagurika bitewe n’izamuka rikabije ry’ibikomoka kuri peteroli ku isoko mpuzamahanga. Ibi byatumye n’ingendo zose, haba izikoresha lisansi, mazutu…

Editorial Picks Featured Politiki

Abasirikare b’u Burundi bari boherejwe ku mipaka n’intwaro ziremereye bose bashimuswe n’abasirikare n’abapolisi badasanzwe

April 7, 2026 emmy

Mu ijoro ridasanzwe ryuzuyemo urujijo n’ubwoba mu Burundi, haravugwa igikorwa gikomeye cyo gushimuta abasirikare b’u Burundi bari baroherejwe kurinda imipaka, bikozwe n’abantu bitwa abasirikare n’abapolisi badasanzwe, bataramenyekana inkomoko yabo, bigateza…

Editorial Picks Featured Politiki

Ibinyoma urubyiruko rw’i Rubavu rwabeshyaga rugiye muri Wazalendo na FDLR

April 7, 2026 emmy

“Batubeshyaga ko bagiye muri Congo guhinga cyangwa kuragira nyuma tukamenya ko bagiye muri Wazalendo na FDLR.” Aya ni amwe mu magambo Umuyobozi w’Umudugudu wa Muti, Akagari ka Rwangara ho mu…

Politiki

Perezida Trump yiyemeje gufunga abanyamakuru basohoye amakuru y’urugamba yari yagize ibanga

April 7, 2026 emmy

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ashobora guta muri yombi abanyamakuru batangaje bwa mbere ko hari indege ya Amerika yarasiwe muri Iran, kandi umwe mu…

Featured Imyidagaduro

Umunyarwandakazi Uwamahoro yasubije abakomeje kuganira ku mubiri we nyuma y’amashusho yarikoroje

April 7, 2026 emmy

Impaka ku myambarire n’uburyo abantu bihitamo kwigaragaza zikomeje gufata indi ntera mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga ahari kuvugwa amagambo ariramo n’ibitekerezo by’abatandukanye. Ibi byongeye kugarukwaho…

Posts pagination

1 … 9 10 11 … 35
Recent Posts
  • Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
  • Perezida Ruto yavuze impamvu lisansi muri Kenya ihenze kurusha mu bihugu by’abaturanyi kandi byinshi muri byo ariho biyikura
  • Ibitazibagirana ku Mwamikazi wa nyuma w’u Rwanda Rozariya Gicanda wibukwa uyu munsi
  • Uko Umwamikazi Gicanda yarokoye perezida Kagame ubwo yari agiye kwicwa
  • Umukobwa wa Gen. Fred Gisa Rwigema yahawe inshingano zikomeye cyane
Categories
  • Editorial Picks
  • Featured
  • Geopolitics
  • Ibibanza bigurishwa
  • Imikino
  • Imodoka zigurishwa
  • Imyidagaduro
  • International News
  • International Relations
  • Jobs
  • Political Analysis
  • Politiki
  • Slide
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo

IwacuMarket

Buy or Sell in a Minute in Rwanda

Proudly powered by WordPress | Theme: Newsup by Themeansar.

  • Home
  • Offiline
  • Sample Page