Menya uko amapeti ya polisi y’u Rwanda akurikirana ndetse n’imishahara yabo
Ibijyanye n’imishahara y’abapolisi b’u Rwanda, turabishingira mu byemejwe n’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 14/10/2015, ubwo Perezida wa Repubulika yemezaga iteka rigena imishara y’abapolisi, iyi ikaba ari imishahara mishya abapolisi batangiye…
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi barenga 5,500
Perezida Kagame yazamuye mu ntera ba Ofisiye ba Polisi y’u Rwanda bari bafite amapeti atandukanye aho 5 bari bafite ipeti rya Assistant Commissioner of Police bahawe ipeti rya Commissioner of…
Perezida Tshisekedi yaciye amarenga ko azayobora RDC indi myaka myinshi mu gihe abatavuga rumwe nawe batabikozwa
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yaciye amarenga yo gukomeza kuyobora iki gihugu indi myaka myinshi mu gihe abatavuga rumwe na we bamusaba kutarenza mu 2028. Tshisekedi…
DC Clement yashinjwe ibyaha 5 bishobora kwiyongera
Dosiye ya Niyigaba Clement wamamaye nka DC Clement yashyikirijwe Ubushinjacyaha, ku ikubitiro akaba yarezwe ibyaha bitanu nubwo hari ibindi bigikorwaho iperereza nk’uko byemejwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha. Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha…
Hamenyekanye impamvu FARDC yatinye kwakira abasirikare 5000 ba yo bafashwe mpiri na AFC/M23
Amakuru arushaho gusobanuka ku cyemezo cyafashwe na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyo kudahita yakira abasirikare bayo barenga 5000 bafashwe mpiri n’ihuriro AFC/M23, mu gihe byari byitezwe ko…
Kuki Iran ikomeje kurasa kuri Israel n’abafatanyabikorwa ba Amerika kandi baremeranyije agahenge?
bitero bya misile bikomeje kumvikana mu bice bya Israel no mu birindiro by’abafatanyabikorwa ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gihe ku mpapuro habayeho kwemeranya agahenge k’ibyumweru bibiri hagati ya…
Abasirikare bakomeye b’u Burundi mu kaga nyuma yo kumenya aho Kayumba Nyamwasa yari ahuriye n’iturika ry’i Musaga
Abasirikare bakomeye b’u Burundi mu kaga mu gihe hamenyekanye aho Kayumba Gen. Nyamwasa yari ahuriye n’iturika ry’i Musaga rikomeje guteza impagarara mu gihugu. Iminsi ikomeje kwicuma mu Burundi yasize igihugu…
Igisubizo cy’umugore wa Cyprien Ntaryamira wapfanye na Habyarimana ku wamubajije ikintu cyihariye asaba u Rwanda
Imyaka 32 irashize indege yari itwaye Perezida w’u Rwanda, Juvénal Habyarimana, n’uwayoboraga u Burundi, Cyprien Ntaryamira, ihanuriwe i Kigali, ariko kugeza uyu munsi ukuri ku byabaye ntikuramenyekana neza, bituma imiryango…
FARDC n’abafatanyabikorwa bayo bagabye Ibitero bikaze byakangaranyije benshi nyuma y’uko AFC/M23 ifashe utundi duce twinshi.
Ibice byo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje kuba isibaniro ry’imirwano ikarishye, aho amakuru aturuka ku mpande zitandukanye agaragaza ko abasivili ari bo bakomeje kugerwaho n’ingaruka zikomeye…
Byasubiye i rudubi: Iran yasubije Perezida Trump wayiteguje kuyirimbura mu munsi umwe wonyine
Amakimbirane akomeje gukaza umurego hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ageze ku rwego ruteye impungenge, aho amagambo akomeye n’ibikorwa bya gisirikare bikomeje kwiyongera uko iminsi ishira. Perezida…