Skip to content

IwacuMarket

Buy or Sell in a Minute in Rwanda

  • Politiki
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Imali ya make
    • Ibibanza bigurishwa
    • Imodoka zigurishwa
    • Inzu zigurishwa
  • Jobs
  • English
    • International News
    • Local News
Top Tags
  • Intambara yo muri Congo
  • AFC/M23
  • Donald Trump
  • Iran
  • intambara ya Congo
  • Intambara ya Iran na Amerika
  • Gen. Muhoozi
Featured Imikino

Manchester City yatsinze Arsenal ikomeza kuyotsa igitutu

April 19, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

U Rwanda rwongeye kubwiza Loni ukuri runayihishurira ibigiye kuba muri RDC FDLR nidasenywa

April 16, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

Netanyahu yigiriye i Washington, bamwe bashya ubwoba

April 14, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

Amerika n’u Burayi byategujwe akaga gakomeye bigiye guhura na ko nyuma yo gufatira ibihano RDF no kuyihagarikira inkunga

April 11, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

Imirwano ikomeye cyane yumvikanye muri Uvira mu gihe AFC/M23 yasabwe ibintu bikomeye cyane

April 11, 2026 emmy
  • Latest
  • Popular
  • Trending
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Editorial Picks Ubuzima
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Perezida Ruto yavuze impamvu lisansi muri Kenya ihenze kurusha mu bihugu by’abaturanyi kandi byinshi muri byo ariho biyikura
Politiki
Perezida Ruto yavuze impamvu lisansi muri Kenya ihenze kurusha mu bihugu by’abaturanyi kandi byinshi muri byo ariho biyikura
Ibitazibagirana ku Mwamikazi wa nyuma w’u Rwanda Rozariya Gicanda wibukwa uyu munsi
Ubuzima
Ibitazibagirana ku Mwamikazi wa nyuma w’u Rwanda Rozariya Gicanda wibukwa uyu munsi
Uko Umwamikazi Gicanda yarokoye perezida Kagame ubwo yari agiye kwicwa
Slide Ubuzima
Uko Umwamikazi Gicanda yarokoye perezida Kagame ubwo yari agiye kwicwa
Dore indwara 10 zivurwa n’igitunguru ndetse n’uko gikoreshwa mu kwivura
Slide Ubuzima
Dore indwara 10 zivurwa n’igitunguru ndetse n’uko gikoreshwa mu kwivura
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Editorial Picks Ubuzima
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda
Ubuzima
Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda
Musenyeri wari gusoma Misa yo gusengera Besigye yabuze, Museveni ashyirwa mu majwi
Politiki
Musenyeri wari gusoma Misa yo gusengera Besigye yabuze, Museveni ashyirwa mu majwi
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Editorial Picks Ubuzima
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Dore amakosa udakwiye gukora ngo ni uko uri mu rukundo kuko byakuviramo ingaruka zikomeye
Editorial Picks Urukundo
Dore amakosa udakwiye gukora ngo ni uko uri mu rukundo kuko byakuviramo ingaruka zikomeye
Rekeraho kwambara impeta buhumyi! Dore igisobanuro cy’impeta bitewe n’urutoki wayambayeho
Editorial Picks Featured Ubuzima
Rekeraho kwambara impeta buhumyi! Dore igisobanuro cy’impeta bitewe n’urutoki wayambayeho
FARDC n’abafatanyabikorwa bayo bagabye Ibitero bikaze byakangaranyije benshi nyuma y’uko AFC/M23 ifashe utundi duce twinshi.
Editorial Picks Politiki
FARDC n’abafatanyabikorwa bayo bagabye Ibitero bikaze byakangaranyije benshi nyuma y’uko AFC/M23 ifashe utundi duce twinshi.
Politiki

Abasirikare b’Ababirigi ntibatereranye Abatutsi gusa ahubwo babashyikirije abicanyi – Min. Nduhungirehe

April 12, 2026 emmy

Minisitiri w’Ubabanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko kuvuga ko Ingabo z’Ababiligi zari mu butumwa bw’amahoro bwa Loni (MINUAR) zatereranye Abatutsi ari ukoroshya inyito kuko ahubwo ibyo bakoze ari…

Politiki

Urupfu rwa Habyarimana rwaciye u Bufaransa umugongo, bwihutira gucyura abenegihugu: Uko Opération Amaryllis yateguwe

April 12, 2026 emmy

Mu ijoro ryo ku wa 6 Mata 1994 ubwo Juvénal Habyarimana yari amaze kwicwa ahanuwe mu ndege yari imuvanye mu biganiro by’amahoro bya Arusha muri Tanzania, u Bufaransa bwayoborwaga na…

Politiki

Rurageretse hagati ya Turikiya na Netanyahu, yamwibukije ko afatwa nka Hitler

April 12, 2026 emmy

Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ya Turikiya yatangaje ko Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, amaze igihe ashinjwa ibikorwa nk’ibya Adolf Hitler wateguye ndetse ashyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abayahudi. Ku wa…

Ubuzima

Haiti: Abantu 30 bapfiriye mu muvundo

April 12, 2026 emmy

Abantu bagera kuri 30 bapfiriye mu muvundo wabereye mu marembo y’inyubako ya Citadelle Laferrière iri mu murage w’Isi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe guteza imbere uburezi, siyansi n’umuco, UNESCO. Ibi byabaye…

Slide Ubuzima

Ujya ubyimba ibirenge, umunaniro cyangwa kumva ukonje cyane mu mubiri? Menya ibimenyetso 10 byakwereka ko urwaye impyiko

April 11, 2026 emmy

Impyiko ni inyama zo mu nda zikora akazi gakomeye mu mubiri w’umuntu. Zigize urwungano rushinzwe gusohora imyanda mu mubiri, aho ziyungurura amaraso, imyanda irimo igasohokera mu nkari. Kimwe n’ibindi bice…

Ubuzima

Niba uri umugabo ibi birakureba – Ibimenyetso byatuma ukeka ko urwaye ’Prostate’ n’icyo wakora ubibonye

April 11, 2026 emmy

Prostate ni agasabo gato gaherereye hafi y’uruhago, gafite inshingano yo kurekura amatembabuzi amwe aherekeza intanga ndetse no kuyabika. Aka gasabo ku muntu umaze kuva mu bwana kaba gafite umurambararo wa…

Featured Politiki Slide

Amerika n’u Burayi byategujwe akaga gakomeye bigiye guhura na ko nyuma yo gufatira ibihano RDF no kuyihagarikira inkunga

April 11, 2026 emmy

Amerika n’u Burayi byategujwe akaga gakomeye bigiye guhura na ko nyuma yo gufatira ibihano ingabo z’u Rwanda no kuzihagarikira inkunga Ibimenyetso bikomeje kugaragara ku rwego mpuzamahanga byerekana ko imyanzuro yafashwe…

Politiki Slide

RDC: Amerika yahaye ihuriro rya AFC/M23 umwanya wo gutangira kugaba ibitero simusiga rikigarurira Kinshasa

April 11, 2026 emmy

Mu gihe isi yose iri gukurikira amakimbirane hagati ya Israel, Iran, na Amerika, ihuriro rya AFC/M23 ryahawe umwanya n’amahanga yo kugaba ibitero simusiga rikigarurira umurwa mukuru wa Kinshasa, bitewe n’amakuru…

Politiki

Intambara yahinduye isura muri Kivu y’Amajyepfo: FARDC n’abambari ba yo mu bitero biteye ubwoba

April 11, 2026 emmy

Imirwano imaze igihe mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye gufata indi ntera, aho ikoranabuhanga rigezweho mu bya gisirikare rikomeje kwinjira mu ntambara, rikaba ryiyongera ku bibazo bisanzwe…

Featured Politiki Slide

Imirwano ikomeye cyane yumvikanye muri Uvira mu gihe AFC/M23 yasabwe ibintu bikomeye cyane

April 11, 2026 emmy

Urusaku rw’amasasu rwongeye kwangiza ituze mu mujyi wa Uvira mu ijoro ryo ku wa Gatanu rishyira ku wa Gatandatu, ahagana saa sita z’ijoro n’iminota 28. Mu gace ka Mulongwe, kerekeza…

Posts pagination

1 … 6 7 8 … 35
Recent Posts
  • Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
  • Perezida Ruto yavuze impamvu lisansi muri Kenya ihenze kurusha mu bihugu by’abaturanyi kandi byinshi muri byo ariho biyikura
  • Ibitazibagirana ku Mwamikazi wa nyuma w’u Rwanda Rozariya Gicanda wibukwa uyu munsi
  • Uko Umwamikazi Gicanda yarokoye perezida Kagame ubwo yari agiye kwicwa
  • Umukobwa wa Gen. Fred Gisa Rwigema yahawe inshingano zikomeye cyane
Categories
  • Editorial Picks
  • Featured
  • Geopolitics
  • Ibibanza bigurishwa
  • Imikino
  • Imodoka zigurishwa
  • Imyidagaduro
  • International News
  • International Relations
  • Jobs
  • Political Analysis
  • Politiki
  • Slide
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo

IwacuMarket

Buy or Sell in a Minute in Rwanda

Proudly powered by WordPress | Theme: Newsup by Themeansar.

  • Home
  • Offiline
  • Sample Page