U Burayi bwategujwe akaga gakomeye cyane bugiye guhura na ko
Ibihugu by’i Burayi biri mu gihirahiro gikomeye nyuma y’uko hatangiye kugaragara ibimenyetso bikomeye by’ibura ry’amavuta y’indege, ikibazo gishobora kugira ingaruka zikomeye ku bukungu no ku rwego rw’ubwikorezi bwo mu kirere.…
Umutwe ugizwe n’Abanyamulenge mu bufatanye na FARDC n’abambari ba yo mu bikorwa byo kwibasira abaturage
Amakuru akomeje guturuka mu bice by’imisozi miremire ya Mulenge, by’umwihariko ku Ndondo muri grupema ya Bijombo, agaragaza isura ikomeje gutera impungenge aho umutekano w’abasivile urushaho kuzamba umunsi ku wundi. Abaturage…
Burundi: Perezida Ndayishimiye yisanze mu ihurizo rikomeye cyane mbere ya 2027
Uko imyaka igenda ishira, ni ko ibibazo byegerana ku buyobozi bw’u Burundi bigenda birushaho gufata indi ntera, bigashyira Évariste Ndayishimiye mu ihurizo rikomeye ryo kwerekana niba koko ashoboye kuyobora igihugu…
Menya byinshi ku ndwara y’ibimeme, uko byandura n’uko bivurwa
Indwara y’ibimeme ’pied d’athlète’ ni indwara ikunda gufata ku birenge hagati y’amano, uretse ko hari n’ababirwara hagati y’intoki. Ariko nubwo ari indwara ibangama cyane ikabuza umuntu kuba yakwambara inkweto runaka…
Ese koko kuvuza imyirongi byaba biri mu bitera indwara y’imisuha? Sobanukirwa byinshi kuri iyi ndwara
Ni kenshi abantu bakunze kugaruka ku ndwara y’imisuha, bamwe bavuga ibi, abandi bavuga biriya harimo n’impaka z’uko iyi ndwara yaba ikururwa no kuvuza bimwe mu bikoresho bya muzika bivuga bahushyemo…
Uburusiya bukomeje kungukira mu ntambara ya Iran na Amerika
U Burusiya bushobora kwinjiza ayikubye inshuro ebyiri ayo bwari busanzwe bwinjiza avuye mu bucuruzi bw’ibikomoka kuri peteroli akagera kuri miliyari 9$ muri Mata 2026, biturutse ku ntambara Amerika ifatanyije na…
Umuyobozi mushya w’Ikirenga wa Irani yarahiriye kwihorera ku rupfu rwa se imbaga Abanya-Irani buzuye imihanda ya Tehran
Umwuka wa politiki mpuzamahanga wongeye gukomera cyane mu Burasirazuba bwo Hagati, aho Iran iri kwerekana ibimenyetso bivuguruzanya hagati yo kwishimira ibyo yise intsinzi n’ingaruka z’intambara ishobora kongera kubura umutwe mu…
Iran ikoze mu jisho Amerika mu buryo itatekerezaga
Iran, Israel na Amerika bimaze iminsi mike byumvikanye agahenge kagiye kumara hafi iminsi itatu. Uretse aka gahenge ariko banumvikanye ko Iran igomba gufungura umuhora wa Hormuz unyurwamo n’amato menshi atwaye…
Rekeraho kwambara impeta buhumyi! Dore igisobanuro cy’impeta bitewe n’urutoki wayambayeho
Impeta umurimbo ni umurimbo utarobanura igitsina, bivuze ko wambara n’ umugabo cyangwa umugore. Uyu murimbo wambarwa ku rutoki kandi kuri buri rutoki uwushyizeho uwita uhindura igisobanuro. Nk’uko bitangazwa n’urubuga WWW.RMRS.Com…
Nta nyungu tubona mu Batutsi. n’iyo batsinda Abahutu ntibizaramba – Mitterrand, imyaka ine mbere ya Jenoside
Umubano wa Perezida François Mitterrand na Habyarimana Juvénal wagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi wavuzwe kenshi ndetse ibihamya by’uko umwe yari umubyeyi, undi ari umwana na byo si bishya.…