Netanyahu yigiriye i Washington, bamwe bashya ubwoba
Nyuma y’igitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye ku bikorwaremezo bitunganyirizwamo ingufu za nucléaire muri Iran muri Kamena 2025, Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yakomeje kuyinginga kugira ngo ishoze…
REG yateguje ibura ry’amashanyarazi muri Nyarugenge, Musanze na Rubavu
Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu, REG yatangaje ko kubera imirimo yo gusana no kwagura imiyoboro y’amashanyarazi no kuyisana hateganyijwe ibura ry’umuriro mu bice bimwe by’imirenge imwe n’imwe hagati y’itariki ya…
Ngoma: Inkuba yakubise abantu 26
Abantu 26 bo mu Karere ka Ngoma bakubiswe n’inkuba, umwe ahita yitaba Imana mu gihe abandi bajyanywe kwa muganga. Iyi nkuba yakubise abaturage ahagana Saa Tanu zo kuri uyu wa…
Uko Perezida Habyarimana yashakaga kwica Abatutsi akazigaragaza nk’umucunguzi wa bo
Ibiganiro n’ubuhamya bitandukanye bikomeje gushyira mu mucyo uko Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe mu buryo bwimbitse kandi burimo amayeri menshi, aho bamwe mu bayobozi bakuru b’icyo gihe bagaragazwa nk’abari bafite imigambi…
Ikibazo cya RDC na AFC/M23 cyasubiye aho cyaturutse ku mugabane w’ i Burayi
Ibiganiro bishya bigamije gushakira amahoro arambye Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byongeye gufata indi ntera ikomeye, aho ku nshuro ya mbere byimuriwe ku mugabane w’u Burayi, aho benshi…
Imirwano ikaze cyane yahanganishije RDC na AFC/M23 mu gihe impande zombi zitabiriye ibiganiro bishya by’amahoro
Uurasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kugaragara nk’akarere kari mu gihirahiro gikomeye, aho inzira z’amahoro zigeragezwa ku ruhande rumwe, mu gihe ku rundi ruhande imirwano ikomeza gufata indi…
Ibintu bikomeje gukomera: Ibiciro bya peteroli byongeye kuzamuka nyuma y’icyemezo cya burundu cyafashwe na Amerika
Ibintu bikomeje guhindura isura ku rwego mpuzamahanga nyuma y’uko ibiganiro byari bimaze amasaha 21 hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran, byabereye muri Pakistan, birangiye nta mwanzuro uhamye…
Nyabihu: Yagerageje kwiyahura kubera ko batamutekeye umureti
Twizerimana Jean de Dieu w’imyaka 22 wo mu Karere ka Nyabihu arembeye kwa muganga, nyuma y’uko agerageje kwiyahura bitewe n’umujinya bikekwa ko wakuruwe n’uko iwabo banze kumutekera umureti n’ibirayi byo…
Hamenyekanye umutego ukomeye cyane Tshisekedi na Amerika bateze AFC/M23 mu biganiro bishya byo mu Busuwisi
Amakuru mashya akomeje kujya ahagaragara agaragaza ko ibiganiro bishya biri guhuza Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro rya AFC/M23 mu Busuwisi bishobora kuba bifite undi murongo wihishe inyuma…
Kwibuka 32: Impamvu y’ubusitani bw’Urwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ya Kicukiro
Ku rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ya Kicukiro, hari ubusitani bumaze imyaka ine, butangijwe na Madamu Jeannette Kagame bwiswe Garden of Memory (Ubusitani bw’Urwibutso), mu Karere ka Kicukiro, hagamijwe kwibuka…