Skip to content

IwacuMarket

Buy or Sell in a Minute in Rwanda

  • Politiki
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Imali ya make
    • Ibibanza bigurishwa
    • Imodoka zigurishwa
    • Inzu zigurishwa
  • Jobs
  • English
    • International News
    • Local News
Top Tags
  • Intambara yo muri Congo
  • AFC/M23
  • Donald Trump
  • Iran
  • intambara ya Congo
  • Intambara ya Iran na Amerika
  • Gen. Muhoozi
Featured Imikino

Manchester City yatsinze Arsenal ikomeza kuyotsa igitutu

April 19, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

U Rwanda rwongeye kubwiza Loni ukuri runayihishurira ibigiye kuba muri RDC FDLR nidasenywa

April 16, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

Netanyahu yigiriye i Washington, bamwe bashya ubwoba

April 14, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

Amerika n’u Burayi byategujwe akaga gakomeye bigiye guhura na ko nyuma yo gufatira ibihano RDF no kuyihagarikira inkunga

April 11, 2026 emmy
Featured Politiki Slide

Imirwano ikomeye cyane yumvikanye muri Uvira mu gihe AFC/M23 yasabwe ibintu bikomeye cyane

April 11, 2026 emmy
  • Latest
  • Popular
  • Trending
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Editorial Picks Ubuzima
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Perezida Ruto yavuze impamvu lisansi muri Kenya ihenze kurusha mu bihugu by’abaturanyi kandi byinshi muri byo ariho biyikura
Politiki
Perezida Ruto yavuze impamvu lisansi muri Kenya ihenze kurusha mu bihugu by’abaturanyi kandi byinshi muri byo ariho biyikura
Ibitazibagirana ku Mwamikazi wa nyuma w’u Rwanda Rozariya Gicanda wibukwa uyu munsi
Ubuzima
Ibitazibagirana ku Mwamikazi wa nyuma w’u Rwanda Rozariya Gicanda wibukwa uyu munsi
Uko Umwamikazi Gicanda yarokoye perezida Kagame ubwo yari agiye kwicwa
Slide Ubuzima
Uko Umwamikazi Gicanda yarokoye perezida Kagame ubwo yari agiye kwicwa
Dore indwara 10 zivurwa n’igitunguru ndetse n’uko gikoreshwa mu kwivura
Slide Ubuzima
Dore indwara 10 zivurwa n’igitunguru ndetse n’uko gikoreshwa mu kwivura
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Editorial Picks Ubuzima
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda
Ubuzima
Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda
Musenyeri wari gusoma Misa yo gusengera Besigye yabuze, Museveni ashyirwa mu majwi
Politiki
Musenyeri wari gusoma Misa yo gusengera Besigye yabuze, Museveni ashyirwa mu majwi
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Editorial Picks Ubuzima
Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
Dore amakosa udakwiye gukora ngo ni uko uri mu rukundo kuko byakuviramo ingaruka zikomeye
Editorial Picks Urukundo
Dore amakosa udakwiye gukora ngo ni uko uri mu rukundo kuko byakuviramo ingaruka zikomeye
Rekeraho kwambara impeta buhumyi! Dore igisobanuro cy’impeta bitewe n’urutoki wayambayeho
Editorial Picks Featured Ubuzima
Rekeraho kwambara impeta buhumyi! Dore igisobanuro cy’impeta bitewe n’urutoki wayambayeho
FARDC n’abafatanyabikorwa bayo bagabye Ibitero bikaze byakangaranyije benshi nyuma y’uko AFC/M23 ifashe utundi duce twinshi.
Editorial Picks Politiki
FARDC n’abafatanyabikorwa bayo bagabye Ibitero bikaze byakangaranyije benshi nyuma y’uko AFC/M23 ifashe utundi duce twinshi.
Imyidagaduro

Hamenyekanye ibyaha bitatu bikomeye cyane Eric Semuhungu akurikiranyweho. Dosiye ye yashyikirijwe ubushinjacyaha

April 15, 2026 emmy

Inkuru y’itabwa muri yombi rya Semuhungu Eric ikomeje kuvugisha benshi, nyuma y’uko dosiye ye ishyikirijwe Ubushinjacyaha ku wa 14 Mata 2026, ikubiyemo ibyaha bitatu bikomeye birimo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina…

Politiki Slide

Perezida Kagame ni we uzaba Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda. Andi makuru agezweho

April 15, 2026 emmy

Icyemezo cyo gushyiraho Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda cyafashwe nk’intambwe ikomeye mu kongerera imbaraga urwego rw’umutekano n’ubumenyi mu gihugu, aho imiterere yayo igaragaza uburyo bushya bwo guhuza amasomo ya gisirikare…

Ubuzima

Abarenga 300 banduye Virusi itera Sida kubera ibyo bakorewe n’abaganga biturutse ku burangare

April 15, 2026 emmy

Icyari cyitezweho kuba igisubizo ku buzima bw’abaturage, cyahindutse inkomoko y’akaga gakomeye mu Mujyi wa Taunsa uherereye mu Ntara ya Punjab mu gihugu cya Pakistan. Inkuru y’abana 331 basanzwemo Virusi itera…

Ubuzima

U Rwanda rugiye kubona umuti urinda Agakoko gatera SIDA

April 15, 2026 emmy

Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Ikigega Global Fund gishyira ingufu mu kurwanya SIDA, Igituntu na Malariya, bikomeje gushyira ingufu mu gukwirakwiza umuti wakozwe n’uruganda Gilead ufasha mu kurinda ubwandu bw’agakoko…

Ubuzima

Dore icyo bisobanuye iyo uhuje amaso n’umukobwa ukabona asa n’uruma umunwa wo hasi

April 14, 2026 emmy

Ibijyanye n’imvugo z’ibimenyetso ni ibintu abantu badakunda kwitaho ariko bikoreshwa cyane ndetse bimwe bikanatanga ubutumwa cyane kurusha uko umuntu yavuga. Hari ibimenyetso byizana ku muntu atabigambiriye bitewe n’ikintu abonye amarangamutima…

Politiki

Gitifu w’Umurenge wa Bugarama afunze azira gutegeka Kwibuka tariki 6 Mata

April 14, 2026 emmy

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bugarama mu Ntara y’Iburengerazuba, Ndamyimana Daniel, washakaga ko bibuka tariki 6 Mata 2026. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B.…

Politiki

Joseph Kabila wahoze ayobora RDC asohoye itangazo karundura ryateye ubwoba Tshisekedi n’abo bakorana

April 14, 2026 emmy

Ibiganiro bikomeye byahuje abanyapolitiki n’abayobozi batandukanye bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byasize hatanzwe itangazo rikomeye rishinja ubutegetsi buriho kuyobora igihugu mu murongo w’igitugu, bikongera impungenge ku hazaza h’umutekano…

Imyidagaduro

Aba’DJs’ bagiye gusora ibihumbi 224 Frw

April 14, 2026 emmy

Mu gihe ibihugu byo mu karere k’Afuruka y’iburasirazuba birimo n’u Rwanda bigisinziriye mu kubyaza umusaruro ubuhanzi, Kenya yateye intambwe ishyiraho itegeko ryo kwishyuza abavanga imiziki, abanyapolitiki biyamamaza, ahabera inama, ahabera…

Ubuzima

Sobanukirwa indwara ya Kanseri y’igifu, ibimenyetso byayo n’uko wayirinda

April 14, 2026 emmy

Abantu benshi bagenda uburwayi bwa kanseri y’igifu batabizi , ibi bigaterwa nuko iyi kanseri idapfa kugaragaza ibimenyetso mu gihe ikigufata . akenshi ibimenyetso byayo bigaragara yaramaze ku kurenga. Kanseri y’igifu…

Politiki Slide

Abanyaburayi bahenekeye Trump ku kibazo cy’umuhora wa Hormuz muri Iran ukomeje kurikoroza

April 14, 2026 emmy

Ibihugu byo mu Muryango wo Gutabarana wa OTAN, nk’u Bufaransa n’u Bwongereza byagaragaje ko Donald Trump agomba kubaga akifasha mu bijyanye no gufunga inzira ya Hormuz ko byo nta ruhare…

Posts pagination

1 … 4 5 6 … 35
Recent Posts
  • Umugabo Yateye benshi umujinya ubwo yavugaga icyatumye yica umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe
  • Perezida Ruto yavuze impamvu lisansi muri Kenya ihenze kurusha mu bihugu by’abaturanyi kandi byinshi muri byo ariho biyikura
  • Ibitazibagirana ku Mwamikazi wa nyuma w’u Rwanda Rozariya Gicanda wibukwa uyu munsi
  • Uko Umwamikazi Gicanda yarokoye perezida Kagame ubwo yari agiye kwicwa
  • Umukobwa wa Gen. Fred Gisa Rwigema yahawe inshingano zikomeye cyane
Categories
  • Editorial Picks
  • Featured
  • Geopolitics
  • Ibibanza bigurishwa
  • Imikino
  • Imodoka zigurishwa
  • Imyidagaduro
  • International News
  • International Relations
  • Jobs
  • Political Analysis
  • Politiki
  • Slide
  • Uburezi
  • Ubuzima
  • Uncategorized
  • Urukundo

IwacuMarket

Buy or Sell in a Minute in Rwanda

Proudly powered by WordPress | Theme: Newsup by Themeansar.

  • Home
  • Offiline
  • Sample Page