Hamenyekanye ibyaha bitatu bikomeye cyane Eric Semuhungu akurikiranyweho. Dosiye ye yashyikirijwe ubushinjacyaha
Inkuru y’itabwa muri yombi rya Semuhungu Eric ikomeje kuvugisha benshi, nyuma y’uko dosiye ye ishyikirijwe Ubushinjacyaha ku wa 14 Mata 2026, ikubiyemo ibyaha bitatu bikomeye birimo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina…
Perezida Kagame ni we uzaba Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda. Andi makuru agezweho
Icyemezo cyo gushyiraho Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda cyafashwe nk’intambwe ikomeye mu kongerera imbaraga urwego rw’umutekano n’ubumenyi mu gihugu, aho imiterere yayo igaragaza uburyo bushya bwo guhuza amasomo ya gisirikare…
Abarenga 300 banduye Virusi itera Sida kubera ibyo bakorewe n’abaganga biturutse ku burangare
Icyari cyitezweho kuba igisubizo ku buzima bw’abaturage, cyahindutse inkomoko y’akaga gakomeye mu Mujyi wa Taunsa uherereye mu Ntara ya Punjab mu gihugu cya Pakistan. Inkuru y’abana 331 basanzwemo Virusi itera…
U Rwanda rugiye kubona umuti urinda Agakoko gatera SIDA
Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Ikigega Global Fund gishyira ingufu mu kurwanya SIDA, Igituntu na Malariya, bikomeje gushyira ingufu mu gukwirakwiza umuti wakozwe n’uruganda Gilead ufasha mu kurinda ubwandu bw’agakoko…
Dore icyo bisobanuye iyo uhuje amaso n’umukobwa ukabona asa n’uruma umunwa wo hasi
Ibijyanye n’imvugo z’ibimenyetso ni ibintu abantu badakunda kwitaho ariko bikoreshwa cyane ndetse bimwe bikanatanga ubutumwa cyane kurusha uko umuntu yavuga. Hari ibimenyetso byizana ku muntu atabigambiriye bitewe n’ikintu abonye amarangamutima…
Gitifu w’Umurenge wa Bugarama afunze azira gutegeka Kwibuka tariki 6 Mata
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bugarama mu Ntara y’Iburengerazuba, Ndamyimana Daniel, washakaga ko bibuka tariki 6 Mata 2026. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B.…
Joseph Kabila wahoze ayobora RDC asohoye itangazo karundura ryateye ubwoba Tshisekedi n’abo bakorana
Ibiganiro bikomeye byahuje abanyapolitiki n’abayobozi batandukanye bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byasize hatanzwe itangazo rikomeye rishinja ubutegetsi buriho kuyobora igihugu mu murongo w’igitugu, bikongera impungenge ku hazaza h’umutekano…
Aba’DJs’ bagiye gusora ibihumbi 224 Frw
Mu gihe ibihugu byo mu karere k’Afuruka y’iburasirazuba birimo n’u Rwanda bigisinziriye mu kubyaza umusaruro ubuhanzi, Kenya yateye intambwe ishyiraho itegeko ryo kwishyuza abavanga imiziki, abanyapolitiki biyamamaza, ahabera inama, ahabera…
Sobanukirwa indwara ya Kanseri y’igifu, ibimenyetso byayo n’uko wayirinda
Abantu benshi bagenda uburwayi bwa kanseri y’igifu batabizi , ibi bigaterwa nuko iyi kanseri idapfa kugaragaza ibimenyetso mu gihe ikigufata . akenshi ibimenyetso byayo bigaragara yaramaze ku kurenga. Kanseri y’igifu…
Abanyaburayi bahenekeye Trump ku kibazo cy’umuhora wa Hormuz muri Iran ukomeje kurikoroza
Ibihugu byo mu Muryango wo Gutabarana wa OTAN, nk’u Bufaransa n’u Bwongereza byagaragaje ko Donald Trump agomba kubaga akifasha mu bijyanye no gufunga inzira ya Hormuz ko byo nta ruhare…