U Rwanda rugiye gukura ingabo za rwo muri Mozambique? Ibibazo 5 bikomeye bikomeje guteza impaka
Impaka ku hazaza h’ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Cabo Delgado zakomeje gufata indi ntera ku rwego mpuzamahanga, nyuma y’uruhererekane rw’ibyemezo bya politiki n’ubukungu byafashwe n’ibihugu…
KNC yavuze ko yifuza kuzashyingurwa nk’Abayisilamu
Nyiri Radio&TV1, Kakooza Nkuriza Charles yavuze ko umunsi yapfuye yifuza kuzashyingurwa nk’Umuyisilamu kuko akundira iri dini ko riha umuntu agaciro. Ibi yabivugiye mu kiganiro Rirarshe cyatambutse tariki ya 25 Werurwe…
Uko wakwikorera viagra y’umwimerere umuti wongera ubushake bwo gutera akabariro – Nta ngaruka itera
Viagra niwo muti uvura uburemba wabaye gikwira kuko niwo wabanje kugera ku isoko. Viagra ikaba ariyo Sildenafil. Gusa siyo yonyine ikoreshwa mu kuvura uburemba kuko hari na Levitra, Cialis n’indi…
Abakobwa: Ntuzemerere umusore / Umugabo kugukora kuri ibi bice niba udashaka gukora imibonano
Hari imyanya imwe n’imwe y’ingenzi cyane ku bantu b’igitsina gore ibafasha gukenera gukora imibonano mpuzabitsina uko byagenda kose mu gihe ikozweho n’umuntu w’igitsinagabo ndetse no kwihangana bikaba byabagora. Ibi bice…
Umukobwa yasanzwe yapfuye kubera kurya Gombo – Ibyo kwitondera igihe ugiye kurya Gombo
Gombo ni ikiribwa giharawe cyane kubera akamaro kacyo kamaze kumenywa na benshi cyane cyane abagore kuko ibafasha cyane mu bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere ndetse no gutera akabariro. Iki kiribwa cyahawe izina…
Umuriro ugiye kwaka: U Burundi bwohereje abandi basirikare benshi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Ibikorwa bya gisirikare mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje gufata indi ntera, aho amakuru aturuka impande zitandukanye agaragaza ko u Burundi bwatangiye kongera kohereza ingabo mu ntara…
Bari bemerewe igihembo cya miliyoni 1.2 Frw: Abantu batanu bafunzwe bakurikiranweho kwica umugore w’umwe muri bo
Inkuru y’urupfu rw’umugore w’imyaka 38 wabonetse yapfuye mu buryo butunguranye mu Murenge wa Rambura, Akarere ka Nyabihu, yakomeje gutera impungenge abaturage, aho amakuru mashya aturuka mu bugenzacyaha agaragaza isura itandukanye…
Umugabo yishe mukuru we nyuma yo kutumvikana k’uzahabwa inkuracyobo yo gushyingura nyina ukiriho
Umugabo witwa Niyomugabo Pacifique wo mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi yatawe muri yombi, akekwaho icyaha cyo kwica mukuru we witwa Ntirenganya Callixte w’imyaka 46 nyuma yo kutumvikana…
Nyuma y’u Burundi na RDC, ikindi gihugu cya EAC cyinjiye mu mugambi wa Kayumba na Habyarimana wo kurutera
Icyegeranyo cy’amakuru atandukanye akomeje gukwirakwira mu karere k’Ibiyaga Bigari kigaragaza ishusho igoye kandi iteye impungenge ku mutekano w’u Rwanda, aho havugwa umugambi mugari uhuza ibihugu n’imitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda,…
Bertrand Bisimwa yatanze ubutumwa bw’ingamba za AFC/M23 mu gihe ibiganiro byo mu Busuwisi byatangiranye amahane
Ibiri kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje gufata indi ntera, aho ibikorwa bya gisirikare, ibiganiro by’amahoro, n’imvugo za politiki byose biri kugenda bihurirana mu buryo bushya…